Property details
Property description
ITANGAZO RYA CYAMUNARA
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa Icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No: PMT 2026-998508 cyo ku wa 27/08/2026 gitanga uburenganzira bwo kugurisha ingwate kugira ngo hishyurwe umwenda wa banki,
Ushinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n'inzu yubatse muri UPI: 3/03/12/03/142 ya BIZIMANA Jean de Dieu na NYIRANDARIZIGAMYE Marcelline iherereye mu mudugudu wa Ruhagiro, akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rugerero, akarere ka Rubavu, intara y'iburengerazuba.
Cyamunara izaba hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga ku matariki
| INCURO | IGIHE CYAMUNARA IZATANGIRIRA | IGIHE CYAMUNARA IZARANGIRIRA | ISAHA |
| 1 | 28/09/2026 | 05/10/2026 | 11h00 |
| 2 | 07/10/2026 | 14/10/2026 | 11h00 |
| 2 | 16/10/2026 | 23/10/2026 | 11h00 |
Umutungo uzagurishwa ugizwe n'inzu yo kubamo yubatse ku buso bungana na 639 sqm.
Agaciro kuwo mutungo kemejwe n'umugenagaciro ni 19,602,000 Frw
Ushaka gupiganwa kuri uyu mutungo agomba kubanza kwishyura ingwate y'ipiganwa ingana na 980,100 frw ihwanye na 5% by'agaciro k' umutungo upiganirwa, akishyurwa kuri konti No 100250096687 yitwa PBA/Irangizwa ry'inyandikompesha iri muri Bank of Kigali Ple
Gusura Uwo mutungo bikorwa buri munsi mu masaha y'akazi
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telephone 0783303374
N.B: Nibukije Nyir'umutungo, uwatanze ingwate, n'uwahawe ingwate kumpa imyirondoro yabo n'konti email bakoresha muri system kugira ngo bazahuzwe na system.
Me HABYARIMANA Emmanuel.
Ushinzwe kugurisha ingwate
Contact details
Please use the details below to book a visit of the property.Contact name: HABYARIMANA Emmanuel




